Imigani 28:16 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 16 Umuyobozi utagira ubushishozi nyakuri akora ibintu byinshi by’uburiganya,+ ariko uwanga indamu mbi+ azarama iminsi myinshi. Yesaya 32:1 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 32 Dore hazima umwami+ uzategekesha gukiranuka,+ kandi abatware be+ bazategekesha ubutabera. Yesaya 60:17 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 17 Mu cyimbo cy’umuringa nzazana zahabu,+ mu cyimbo cy’icyuma nzane ifeza; mu cyimbo cy’igiti nzazana umuringa, naho mu cyimbo cy’amabuye nzane icyuma. Nzashyiraho amahoro akubere umugenzuzi,+ no gukiranuka kukubere umukoresha.+ Yeremiya 22:17 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 17 ‘Nta kindi werekejeho amaso yawe n’umutima wawe, uretse gushaka indamu mbi+ no gushaka amaraso y’utariho urubanza kugira ngo uyavushe,+ no kuriganya no kunyaga.’ Yeremiya 23:5 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 5 “Dore iminsi igiye kuza,” ni ko Yehova avuga, “ubwo nzumburira Dawidi umushibu ukiranuka.+ Azaba umwami+ utegekesha ubwenge kandi azasohoza ubutabera no gukiranuka mu gihugu.+ Ezekiyeli 22:27 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 27 Abatware baho bameze nk’amasega atanyagura umuhigo akavusha amaraso,+ kuko barimbura ubugingo bagamije indamu mbi.+ Ezekiyeli 46:18 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 18 Umutware ntagafate ku murage wa rubanda ngo abirukane muri gakondo yabo.+ Azahe abahungu be umurage avanye kuri gakondo ye bwite, kugira ngo ubwoko bwanjye budatatana, buri wese akava muri gakondo ye.’”+ Mika 3:1 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 3 Nuko ndavuga nti “nimutege amatwi mwa batware ba Yakobo mwe, namwe bakuru b’inzu ya Isirayeli.+ Ese si mwe mwari mukwiriye kumenya ubutabera?+
16 Umuyobozi utagira ubushishozi nyakuri akora ibintu byinshi by’uburiganya,+ ariko uwanga indamu mbi+ azarama iminsi myinshi.
17 Mu cyimbo cy’umuringa nzazana zahabu,+ mu cyimbo cy’icyuma nzane ifeza; mu cyimbo cy’igiti nzazana umuringa, naho mu cyimbo cy’amabuye nzane icyuma. Nzashyiraho amahoro akubere umugenzuzi,+ no gukiranuka kukubere umukoresha.+
17 ‘Nta kindi werekejeho amaso yawe n’umutima wawe, uretse gushaka indamu mbi+ no gushaka amaraso y’utariho urubanza kugira ngo uyavushe,+ no kuriganya no kunyaga.’
5 “Dore iminsi igiye kuza,” ni ko Yehova avuga, “ubwo nzumburira Dawidi umushibu ukiranuka.+ Azaba umwami+ utegekesha ubwenge kandi azasohoza ubutabera no gukiranuka mu gihugu.+
27 Abatware baho bameze nk’amasega atanyagura umuhigo akavusha amaraso,+ kuko barimbura ubugingo bagamije indamu mbi.+
18 Umutware ntagafate ku murage wa rubanda ngo abirukane muri gakondo yabo.+ Azahe abahungu be umurage avanye kuri gakondo ye bwite, kugira ngo ubwoko bwanjye budatatana, buri wese akava muri gakondo ye.’”+
3 Nuko ndavuga nti “nimutege amatwi mwa batware ba Yakobo mwe, namwe bakuru b’inzu ya Isirayeli.+ Ese si mwe mwari mukwiriye kumenya ubutabera?+