Yesaya 7:14 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 14 Ni yo mpamvu Yehova ubwe azabaha ikimenyetso: dore umukobwa+ azatwita+ abyare umuhungu+ amwite Emanweli. Yesaya 9:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 Dore umwana yatuvukiye,+ twahawe umwana w’umuhungu,+ kandi ubutware buzaba ku bitugu bye.+ Azitwa Umujyanama uhebuje,+ Imana ikomeye,+ Data uhoraho,+ Umwami w’amahoro.+ Yeremiya 23:5 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 5 “Dore iminsi igiye kuza,” ni ko Yehova avuga, “ubwo nzumburira Dawidi umushibu ukiranuka.+ Azaba umwami+ utegekesha ubwenge kandi azasohoza ubutabera no gukiranuka mu gihugu.+ Ezekiyeli 34:23 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 23 Nzaziha umwungeri umwe,+ nzihe umugaragu wanjye Dawidi+ aziragire. Azaziragira abe umwungeri wazo.+ Daniyeli 9:24 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 24 “Hari ibyumweru mirongo irindwi byagenewe ubwoko bwawe+ n’umurwa wawe wera+ kugira ngo ibicumuro birangire+ n’ibyaha bikurweho,+ gukiranirwa gutangirwe impongano+ haze gukiranuka kw’iteka,+ iyerekwa ndetse n’ubuhanuzi bishyirweho ikimenyetso gifatanya,+ kandi Ahera Cyane hasukwe amavuta.+ Mika 5:2 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 2 “Nawe Betelehemu Efurata,+ nubwo uri muto cyane ku buryo utabarwa mu bihumbi by’u Buyuda,+ muri wowe+ hazava umutware uzakora ibyo nshaka muri Isirayeli,+ wabayeho kuva kera cyane, uhereye mu bihe bitarondoreka.+ Malaki 3:1 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 3 “Dore ngiye kohereza intumwa+ yanjye izatunganya inzira imbere yanjye.+ Umwami w’ukuri,+ uwo mushaka, azaza mu rusengero rwe+ mu buryo butunguranye, hamwe n’intumwa+ y’isezerano+ mwishimira.+ Dore azaza nta kabuza,” ni ko Yehova nyir’ingabo avuga.+ Yohana 1:45 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 45 Filipo ajya kureba Natanayeli,+ aramubwira ati “twabonye uwo Mose yanditse mu Mategeko,+ n’Abahanuzi+ bakamwandika: ni Yesu mwene Yozefu+ w’i Nazareti.” Ibyakozwe 10:43 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 43 Abahanuzi bose ni we bahamya,+ bavuga ko umwizera wese ababarirwa ibyaha mu izina rye.”+ Ibyakozwe 26:22 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 22 Icyakora kubera ko nabonye ubufasha+ buturuka ku Mana, kugeza n’uyu munsi ndacyakomeza guhamiriza aboroheje n’abakomeye, ariko nta cyo mvuga kitari ibyo abahanuzi+ na Mose+ bavuze ko byari kuzabaho,
14 Ni yo mpamvu Yehova ubwe azabaha ikimenyetso: dore umukobwa+ azatwita+ abyare umuhungu+ amwite Emanweli.
6 Dore umwana yatuvukiye,+ twahawe umwana w’umuhungu,+ kandi ubutware buzaba ku bitugu bye.+ Azitwa Umujyanama uhebuje,+ Imana ikomeye,+ Data uhoraho,+ Umwami w’amahoro.+
5 “Dore iminsi igiye kuza,” ni ko Yehova avuga, “ubwo nzumburira Dawidi umushibu ukiranuka.+ Azaba umwami+ utegekesha ubwenge kandi azasohoza ubutabera no gukiranuka mu gihugu.+
23 Nzaziha umwungeri umwe,+ nzihe umugaragu wanjye Dawidi+ aziragire. Azaziragira abe umwungeri wazo.+
24 “Hari ibyumweru mirongo irindwi byagenewe ubwoko bwawe+ n’umurwa wawe wera+ kugira ngo ibicumuro birangire+ n’ibyaha bikurweho,+ gukiranirwa gutangirwe impongano+ haze gukiranuka kw’iteka,+ iyerekwa ndetse n’ubuhanuzi bishyirweho ikimenyetso gifatanya,+ kandi Ahera Cyane hasukwe amavuta.+
2 “Nawe Betelehemu Efurata,+ nubwo uri muto cyane ku buryo utabarwa mu bihumbi by’u Buyuda,+ muri wowe+ hazava umutware uzakora ibyo nshaka muri Isirayeli,+ wabayeho kuva kera cyane, uhereye mu bihe bitarondoreka.+
3 “Dore ngiye kohereza intumwa+ yanjye izatunganya inzira imbere yanjye.+ Umwami w’ukuri,+ uwo mushaka, azaza mu rusengero rwe+ mu buryo butunguranye, hamwe n’intumwa+ y’isezerano+ mwishimira.+ Dore azaza nta kabuza,” ni ko Yehova nyir’ingabo avuga.+
45 Filipo ajya kureba Natanayeli,+ aramubwira ati “twabonye uwo Mose yanditse mu Mategeko,+ n’Abahanuzi+ bakamwandika: ni Yesu mwene Yozefu+ w’i Nazareti.”
22 Icyakora kubera ko nabonye ubufasha+ buturuka ku Mana, kugeza n’uyu munsi ndacyakomeza guhamiriza aboroheje n’abakomeye, ariko nta cyo mvuga kitari ibyo abahanuzi+ na Mose+ bavuze ko byari kuzabaho,