GUTEGEKA KWA KABIRI
IBIVUGWAMO
1
Abisirayeli bava ku Musozi wa Horebu (1-8)
Hashyirwaho abayobozi n’abacamanza (9-18)
Abisirayeli bagera i Kadeshi-baruneya bagasuzugura (19-46)
2
3
Abisirayeli batsinda Ogi umwami w’i Bashani (1-7)
Uko bagabanye agace ko mu burasirazuba bwa Yorodani (8-20)
Yosuwa abwirwa ko atagomba kugira ubwoba (21, 22)
Mose abwirwa ko atazinjira mu gihugu (23-29)
4
Abisirayeli bibutswa ko bagomba kumvira (1-14)
Yehova ashaka ko umuntu amwiyegurira, akamukorera wenyine (15-31)
Nta yindi Mana uretse Yehova (32-40)
Imijyi y’ubuhungiro yo mu burasirazuba bwa Yorodani (41-43)
Amategeko yari agiye guhabwa Abisirayeli (44-49)
5
Isezerano rya Yehova kuri Horebu (1-5)
Amategeko Icumi asubirwamo (6-22)
Abantu bagira ubwoba bari ku Musozi wa Sinayi (23-33)
6
Ukundishe Yehova Imana yawe umutima wawe wose (1-9)
“Isirayeli we, tega amatwi” (4)
Ababyeyi basabwa kwigisha abana babo (6, 7)
Ntimuzibagirwe Yehova (10-15)
Ntimukagerageze Yehova Imana yanyu (16-19)
Muzabibwire ab’igihe kizaza (20-25)
7
Abantu bo mu bihugu birindwi bagombaga kurimburwa (1-6)
Impamvu Imana yatoranyije Abisirayeli (7-11)
Kumvira bihesha imigisha (12-26)
8
9
10
11
Mwabonye ukuntu Yehova afite imbaraga nyinshi (1-7)
Igihugu cy’Isezerano (8-12)
Imigisha bari kubona iyo bumvira (13-17)
Amategeko y’Imana ajye ahora ku mitima yanyu (18-25)
“Imigisha n’ibyago” (26-32)
12
Mujye musengera ahantu Yehova Imana yanyu azatoranya (1-14)
Bemererwa kurya inyama ariko bakabuzwa kurya amaraso (15-28)
Ntimuzagwe mu mutego wo gusenga izindi mana (29-32)
13
14
Ibyo bagombaga kwirinda mu gihe baririra umuntu wapfuye (1, 2)
Ibyokurya byanduye n’ibitanduye (3-21)
Icya cumi cya Yehova (22-29)
15
Kurekera abantu amadeni nyuma ya buri myaka irindwi (1-6)
Mujye mufasha abakene (7-11)
Guha umudendezo abagaragu nyuma ya buri myaka irindwi (12-18)
Amatungo yavutse mbere yagombaga kwegurirwa Imana (19-23)
16
Pasika n’Umunsi Mukuru w’Imigati Itarimo Umusemburo (1-8)
Umunsi Mukuru w’Ibyumweru (9-12)
Umunsi Mukuru w’Ingando (13-17)
Basabwa kuzishyiriraho abacamanza (18-20)
Babuzwa gusenga ibindi bintu (21, 22)
17
Ibitambo byagombaga kuba bidafite ikibazo (1)
Ibyo bari gukorera umuntu usenga izindi mana (2-7)
Ibirebana n’urubanza rukomeye cyane (8-13)
Amabwiriza y’uwari kuzaba umwami (14-20)
18
Ibigenewe abatambyi n’Abalewi (1-8)
Babuzwa ibikorwa by’ubupfumu (9-14)
Umuhanuzi umeze nka Mose (15-19)
Ibiranga abahanuzi b’ibinyoma (20-22)
19
Ibirebana no kwica umuntu n’imijyi y’ubuhungiro (1-13)
Imbago z’imirima ntizikimurwe (14)
Gutanga ubuhamya mu rukiko (15-21)
20
21
Ibirebana n’umuntu wishwe ariko uwamwishe akaba atazwi (1-9)
Ibirebana no gushakana n’abagore bafatiwe ku rugamba (10-14)
Uburenganzira bw’umwana w’imfura (15-17)
Umwana wananiranye (18-21)
Umuntu umanitswe ku giti aba yaravumwe n’Imana (22, 23)
22
Kwita ku matungo ya mugenzi wawe (1-4)
Kwambara imyenda y’umuntu mudahuje igitsina (5)
Kwita ku matungo (6, 7)
Urukuta rugose igisenge (8)
Ibitaragombaga kuvangwa (9-11)
Udushumi twashyirwaga ku misozo y’umwenda (12)
Amategeko arebana n’imibonano mpuzabitsina idakwiriye (13-30)
23
Abatemerewe kuba mu bagize iteraniro ry’Imana (1-8)
Isuku mu nkambi (9-14)
Umugaragu wahunze (15, 16)
Basabwa kwirinda uburaya (17, 18)
Ibirebana no kwaka inyungu no guhiga imihigo (19-23)
Ibyo umuntu yemerewe gufata mu murima wa mugenzi we (24, 25)
24
Ibirebana no gushaka n’ubutane (1-5)
Mujye mwubaha ubuzima (6-9)
Mujye mwita ku bakene (10-18)
Amategeko arebana n’imyaka yasigaye mu murima (19-22)
25
Amabwiriza yo guhanisha umuntu inkoni (1-3)
Ntimugahambire umunwa w’ikimasa gihura (4)
Ibirebana no gushaka uwahoze ari umugore w’umuvandimwe wawe (5-10)
Imyifatire idakwiriye mu gihe abagabo barwanye (11, 12)
Ibipimo by’uburemere n’ibindi bipimo bihuje n’ukuri (13-16)
Abamaleki bagombaga kurimburwa (17-19)
26
27
Abisirayeli basabwa kwandika Amategeko ku mabuye (1-10)
Ku Musozi wa Ebali no ku Musozi wa Gerizimu (11-14)
Ibyago bisubirwamo (15-26)
28
29
30
31
Mose ari hafi gupfa (1-8)
Basabwa kujya basomera Amategeko imbere y’Abisirayeli (9-13)
Yosuwa ashyirwaho (14, 15)
Ubuhanuzi bw’uko Abisirayeli bari kwigomeka (16-30)
32
33
34