1
Ibyandikiwe Tewofili (1-5)
Muzambera abahamya mugere mu turere twa kure cyane tw’isi (6-8)
Yesu azamuka akajya mu ijuru (9-11)
Abigishwa bateranaga bunze ubumwe (12-14)
Matiyasi atoranywa ngo asimbure Yuda (15-26)
2
Abigishwa bahabwa umwuka wera kuri Pentekote (1-13)
Disikuru ya Petero (14-36)
Abantu benshi bumva disikuru ya Petero bakagira icyo bakora (37-41)
Abakristo bakoranaga mu bumwe (42-47)
3
4
Petero na Yohana bafatwa (1-4)
Bashyikirizwa Urukiko rw’Ikirenga rw’Abayahudi (5-22)
Basenga basaba ubutwari (23-31)
Abigishwa basangiraga ibyo bafite (32-37)
5
Ananiya na Safira (1-11)
Intumwa zikora ibitangaza byinshi (12-16)
Zifungwa kandi zigafungurwa (17-21a)
Zongera kugezwa imbere y’Urukiko rw’Ikirenga rw’Abayahudi (21b-32)
Inama ya Gamaliyeli (33-40)
Kubwiriza ku nzu n’inzu (41, 42)
6
7
8
Sawuli atangira gutoteza abigishwa (1-3)
Filipo abwiriza ubutumwa bwiza i Samariya (4-13)
Petero na Yohana boherezwa i Samariya (14-17)
Simoni agerageza kugura umwuka wera (18-25)
Umunyetiyopiya wari umukozi w’ibwami (26-40)
9
Sawuli ajya i Damasiko (1-9)
Ananiya yoherezwa ngo afashe Sawuli (10-19a)
Sawuli abwiriza ibyerekeye Yesu i Damasiko (19b-25)
Sawuli ajya i Yerusalemu (26-31)
Petero akiza indwara Ayineya (32-35)
Dorukasi wagiraga ubuntu azurwa (36-43)
10
Koruneliyo yerekwa (1-8)
Petero yerekwa ko inyamaswa zejejwe (9-16)
Petero ajya kwa Koruneliyo (17-33)
Petero abwiriza ubutumwa bwiza abanyamahanga (34-43)
Abanyamahanga bahabwa umwuka wera kandi bakabatizwa (44-48)
11
Petero abwira intumwa ibijyanye n’umurimo yakoze (1-18)
Barinaba na Sawuli bari muri Antiyokiya ya Siriya (19-26)
Agabo ahanura ko hazabaho inzara (27-30)
12
Yakobo yicwa. Petero afungwa (1-5)
Petero afungurwa mu buryo bw’igitangaza (6-19)
Umumarayika akubita Herode (20-25)
13
Barinaba na Sawuli baba abamisiyonari (1-3)
Babwiriza muri Shipure (4-12)
Pawulo yigisha muri Antiyokiya ho muri Pisidiya (13-41)
Ubuhanuzi buvuga ko abanyamahanga bagombaga kubwirizwa (42-52)
14
Abantu benshi bo muri Ikoniyo bizera ariko abigishwa bagatotezwa (1-7)
Intumwa bazita amazina y’imana zo mu mujyi wa Lusitira (8-18)
Pawulo bamutera amabuye ariko akarokoka (19, 20)
Batera inkunga amatorero (21-23)
Basubira muri Antiyokiya ho muri Siriya (24-28)
15
Muri Antiyokiya haba impaka ku birebana no gukebwa (1, 2)
Bajyana ikibazo i Yerusalemu (3-5)
Abasaza n’intumwa bahurira hamwe (6-21)
Ibaruwa y’inteko nyobozi (22-29)
Amatorero yatewe inkunga n’ibaruwa yohererejwe (30-35)
Pawulo na Barinaba batandukana (36-41)
16
Pawulo atoranya Timoteyo (1-5)
Iyerekwa ry’umuntu wari i Makedoniya (6-10)
Lidiya w’i Filipi aba umwigishwa wa Yesu (11-15)
Pawulo na Silasi bafungwa (16-24)
Umurinzi wa gereza n’abo mu rugo rwe babatizwa (25-34)
Pawulo asaba abacamanza gusaba imbabazi (35-40)
17
Pawulo na Silasi bari i Tesalonike (1-9)
Pawulo na Silasi bari i Beroya (10-15)
Pawulo ari muri Atene (16-22a)
Pawulo yigishiriza muri Areyopago (22b-34)
18
Pawulo abwiriza i Korinto (1-17)
Asubira muri Antiyokiya ho muri Siriya (18-22)
Pawulo ajya i Galatiya n’i Furugiya (23)
Apolo wari umuhanga yigishwa (24-28)
19
Pawulo ari muri Efeso. Bamwe bongera kubatizwa (1-7)
Pawulo abwiriza kandi akigisha (8-10)
Agera kuri byinshi n’ubwo umudayimoni yashatse kumubangamira (11-20)
Muri Efeso haba imvururu (21-41)
20
Pawulo ajya i Makedoniya no mu Bugiriki (1-6)
Utuko azurwa igihe bari i Tirowa (7-12)
Ava i Tirowa akajya i Mileto (13-16)
Pawulo ahura n’abasaza bo muri Efeso (17-38)
21
Ajya i Yerusalemu (1-14)
Agera i Yerusalemu (15-19)
Pawulo yumvira inama abasaza bamugiriye (20-26)
Mu rusengero haba imvururu, Pawulo agafatwa (27-36)
Pawulo yemererwa kugira icyo abwira abantu (37-40)
22
Pawulo yiregurira imbere y’abantu (1-21)
Pawulo akoresha ubwenegihugu bw’Abaroma (22-29)
Abagize Urukiko rw’Ikirenga rw’Abayahudi baterana (30)
23
Pawulo yiregurira imbere y’Urukiko rw’Ikirenga rw’Abayahudi (1-10)
Umwami akomeza Pawulo (11)
Bacura umugambi wo kwica Pawulo (12-22)
Pawulo yoherezwa i Kayisariya (23-35)
24
Ibirego baregaga Pawulo (1-9)
Pawulo yiregurira imbere ya Feligisi (10-21)
Pawulo afungwa imyaka ibiri (22-27)
25
Pawulo aburanira imbere ya Fesito (1-12)
Fesito agisha inama Umwami Agiripa (13-22)
Pawulo ajyanwa imbere ya Agiripa (23-27)
26
Pawulo yiregurira imbere ya Agiripa (1-11)
Pawulo asobanura uko yabaye Umukristo (12-23)
Uko Fesito na Agiripa bitwaye bamaze kumva Pawulo (24-32)
27
28
Bajya ku kirwa cya Malita (1-6)
Papa wa Pubiliyo akira indwara (7-10)
Bagera i Roma (11-16)
Pawulo avugana n’Abayahudi i Roma (17-29)
Pawulo abwirizanya ubutwari mu gihe cy’imyaka ibiri (30, 31)