Porogaramu y’icyumweru gitangira ku itariki ya 30 Mutarama
ICYUMWERU GITANGIRA KU ITARIKI YA 30 MUTARAMA
Indirimbo ya 30 n’isengesho
□ Icyigisho cya Bibiliya cy’Itorero:
cf igice cya 3 ¶10-19 (imin. 25)
□ Ishuri ry’Umurimo wa Gitewokarasi:
Gusoma Bibiliya: Yesaya 43-46 (imin. 10)
No. 1: Yesaya 45:15-25 (imin. 4 cg itagezeho)
No. 2: Kuba Imana yihangana bihesha agakiza—2 Pet 3:9, 15 (imin. 5)
No. 3: Ese gushyingiranwa mu buryo bwemewe n’amategeko ni ngombwa?—rs-F p. 224 ¶2–p. 225 ¶1 (imin. 5)
□ Iteraniro ry’Umurimo:
Imin 5: Amatangazo. Hatangwe icyerekanwa gishingiye ku buryo bw’icyitegererezo buri ku ipaji ya 4, kigaragaza uko twatangiza icyigisho cya Bibiliya kuwa gatandatu wa mbere wo muri Gashyantare.
Imin 10: Sobanukirwa imiyoboro ya interineti.—Igice cya 1. Disikuru ishingiye ku igazeti ya Nimukanguke! yo muri Nyakanga 2011 ku ipaji ya 24-27 (mu gifaransa).
Imin 20: “Ese witeguye uburwayi bushobora kugutungura?” Ikiganiro mu bibazo n’ibisubizo. Vuga amagambo make yo gutangira ashingiye muri paragarafu ya mbere kandi usoze ukoresheje amagambo make ashingiye muri paragarafu ya nyuma.
Indirimbo ya 116 n’isengesho