Gutangiza ibiganiro
Muri iki gihe, abantu barahuze cyane ku buryo batabona n’umwanya wo kwita ku bandi no ku miryango yabo.
Twakoresha dute igihe cyacu?
Hari umwanditsi w’umunyabwenge wagize ati: “Urushyi rwuzuye ikiruhuko ruruta amashyi yuzuye imirimo iruhije no kwiruka inyuma y’umuyaga.”—Umubwiriza 4:6.
Iyi gazeti ya “Nimukanguke!” irimo inama z’ingenzi zadufasha gukoresha neza igihe cyacu, harimo no kumenya ibyo dushyira mu mwanya wa mbere.