Igiteranyo cyose 2024
Ibiro by’Amashami by’Abahamya ba Yehova: 84
Umubare w’ibihugu byatanze raporo: 240
Amatorero yose: 118.767
Abateranye ku Rwibutso ku isi hose: 21.119.442
Abariye ku mugati bakanywa no kuri divayi ku Rwibutso ku isi hose: 23.212
Ababwirizaa: 9.043.460
Mwayeni y’ababwiriza babwiriza buri kwezi: 8.828.124
Ijanisha ry’ukwiyongera ugereranyije n’umwaka wa 2023: 2,4
Ababatijweb bose hamwe: 296.267
Mwayeni y’abapayiniyac buri kwezi: 1.679.026
Mwayeni y’ababwiriza bakoze ubupayiniya bw’ubufasha buri kwezi: 867.502
Mwayeni y’abigishijwe Bibiliyad buri kwezi: 7.480.146
Umwaka w’umurimo wa 2024 watangiye ku itariki ya 1 Nzeri 2023, urangira ku itariki ya 31 Kanama 2024.
a Umubwiriza ni umuntu ubwiriza cyangwa wigisha ubutumwa bwiza bw’Ubwami bw’Imana (Matayo 24:14). Niba wifuza ibisobanuro birambuye ku birebana n’uko tumenya umubare w’ababwiriza, reba ingingo yo ku rubuga rwa ivuga ngo: “Ku isi hose hari Abahamya ba Yehova bangahe?”
b Niba wifuza kumenya ibyo umuntu asabwa kugira ngo abatizwe abe Umuhamya wa Yehova, reba ingingo yo ku rubuga rwa ivuga ngo: “Nakora iki ngo mbe Umuhamya wa Yehova?”
c Umupayiniya ni Umuhamya w’intangarugero wabatijwe uba wariyemeje kumara amasaha runaka buri kwezi, abwiriza ubutumwa bwiza.
d Niba wifuza ibindi bisobanuro, reba ingingo yo ku rubuga rwa ivuga ngo: “Kwiga Bibiliya bikorwa bite?”