Irangiro ry’ingingo zasohotse mu Munara w’Umurinzi mu mwaka wa 2013
Rigaragaza itariki y’igazeti ingingo yasohotsemo
ABAHAMYA BA YEHOVA
Bakomeje gushikama mu “isaha yo kugeragezwa,” (Intambara ya Mbere), 15/5
“Nk’akanyamasyo kari mu gikonoshwa cyako” (amazu yimukanwa), 15/11
BIBILIYA
BIBILIYA IHINDURA IMIBEREHO Y’ABANTU
“Bashakaga ko nigenzurira nkamenya ukuri” (L. Alifonso), 1/2
“Natangiye kwibaza aho ubuzima bwanjye bwaganaga” (A. Hancock), 1/8
IBIBAZO BY’ABASOMYI
Ese ababyeyi b’Abakristo bakwicarana mu materaniro n’umwana wabo waciwe? 15/8
Ese Abisirayeli bicaga abagizi ba nabi babamanitse ku biti? 15/5
IBICE BYO KWIGWA
Abasaza b’Abakristo ni ‘abakozi bakorana natwe kugira ngo tugire ibyishimo,’ 15/1
Ese uzagira ibyo wigomwa kugira ngo ushyigikire Ubwami? 15/12
Icyo abungeri barindwi n’abatware umunani batumarira muri iki gihe, 15/11
Jya ukora ibihuje n’isengesho ryuje urukundo rya Yesu, 15/10
Jya wishimira umuco wa Yehova w’ubudahemuka n’uwo kubabarira, 15/6
Jya wishimira umuco wa Yehova wo kugira ubuntu no gushyira mu gaciro, 15/6
“Mu by’ukuri se, ni nde mugaragu wizerwa kandi w’umunyabwenge?” 15/7
Mwirinde ‘guhungabana vuba ngo mutakaze ubushobozi bwo gutekereza neza,’ 15/12
Shakira ubufasha mu Ijambo ry’Imana kandi urifashishe abandi, 15/4
Umurimo w’ubupayiniya utuma imishyikirano dufitanye n’Imana irushaho gukomera, 15/9
IBINDI
Abayahudi bo mu kinyejana cya mbere bateguraga umurambo bate? 1/3
Jya ureka imvugo igaragaza ibitekerezo bibusanye igufashe, 15/9
IMIBEREHO N’IMICO BYA GIKRISTO
Abashakanye bashobora kugira ibyishimo kandi bakabana akaramata, 1/9
Babyeyi, nimwigishe abana banyu uhereye mu bwana bwabo, 15/8
Ese ukora byinshi kurushaho kugira ngo uburire abandi? 15/10
Uko imiryango irimo abana badahuje ababyeyi yabana neza na bene wabo, 1/5
INKURU ZIVUGA IBYABAYE MU MIBEREHO
Imyaka 50 dukorera hafi y’Impera y’isi ya ruguru (A. na A. Mattila), 15/4
Kumvira Yehova byampesheje imigisha myinshi (E. Piccioli), 15/6
Kwishingikiriza kuri Yehova byaduhesheje ingororano (M. Allen), 15/10
Twishimiye gukorera Yehova aho ari ho hose (M. na J. Hartlief), 15/7
Yehova ‘anyikorerera imitwaro buri munsi’ (M. du Raan), 15/8