Intangiriro 35:18, 19 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 18 Igihe umwuka wamushiragamo (kuko yari ari gupfa), yise uwo mwana Beni-oni,* ariko Yakobo amwita Benyamini.*+ 19 Nuko Rasheli arapfa, bamuhamba ku nzira igana Efurata, ari ho Betelehemu.+ Intangiriro 42:38 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 38 Yakobo aravuga ati: “Ntimuzajyana umwana wanjye. Mukuru we yarapfuye none asigaye wenyine.+ Aramutse agize impanuka muri urwo rugendo ikamuhitana, mwazatuma njya mu Mva*+ mfite agahinda.”+ Intangiriro 44:20 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 20 Natwe turagusubiza tuti: ‘dufite papa ugeze mu zabukuru n’umwana w’umuhererezi+ yabyaye ageze mu za bukuru. Ariko uwo bava inda imwe yarapfuye.+ Ubu ni we wenyine usigaye mu bana bavukana kuri mama we+ kandi papa we aramukunda cyane.’
18 Igihe umwuka wamushiragamo (kuko yari ari gupfa), yise uwo mwana Beni-oni,* ariko Yakobo amwita Benyamini.*+ 19 Nuko Rasheli arapfa, bamuhamba ku nzira igana Efurata, ari ho Betelehemu.+
38 Yakobo aravuga ati: “Ntimuzajyana umwana wanjye. Mukuru we yarapfuye none asigaye wenyine.+ Aramutse agize impanuka muri urwo rugendo ikamuhitana, mwazatuma njya mu Mva*+ mfite agahinda.”+
20 Natwe turagusubiza tuti: ‘dufite papa ugeze mu zabukuru n’umwana w’umuhererezi+ yabyaye ageze mu za bukuru. Ariko uwo bava inda imwe yarapfuye.+ Ubu ni we wenyine usigaye mu bana bavukana kuri mama we+ kandi papa we aramukunda cyane.’