-
Kuva 10:23Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
-
-
23 Nta muntu wabonaga undi kandi nta n’umwe muri bo wavuye aho ari muri iyo minsi uko ari itatu. Ariko aho Abisirayeli bose bari batuye ho hari umucyo.+
-
-
Kuva 12:13Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
-
-
13 Amaraso azaba ikimenyetso ku mazu muzaba murimo. Nimbona amaraso nzabanyuraho kandi icyo cyago ntikizabageraho ngo kibice, igihe nzaba nteza ibyago igihugu cya Egiputa.+
-