16 “Nta muntu umara gucana itara ngo aritwikire cyangwa ngo arishyire munsi y’ameza. Ahubwo arishyira ahantu hagaragara kugira ngo abinjiye bose babone urumuri.+ 17 Nta cyahishwe kitazahishurwa, kandi nta n’ibanga ryahishwe mu buryo bwitondewe ritazashyirwa ahagaragara.+