Matayo 5:15 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 15 Abantu ntibacana itara ngo baritwikire,* ahubwo barishyira ahantu hagaragara* rikamurikira abari mu nzu bose.+ Mariko 4:21 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 21 Nuko yongera kubabwira ati: “Nta muntu ucana itara ngo narangiza aritwikire* cyangwa ngo arishyire munsi y’ameza.* Ahubwo arishyira ahantu hagaragara.*+ Luka 11:33 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 33 Iyo umuntu amaze gucana itara ntarihisha cyangwa ngo aritwikire,* ahubwo arishyira ahantu hagaragara*+ kugira ngo abinjiye bose babone urumuri. Abafilipi 2:15 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 15 Ibyo bizatuma muba inyangamugayo, mugire umutimanama ukeye, mube abana b’Imana+ batagira inenge.+ Nimukomeza kwitwara mutyo, muzamera nk’urumuri rumurikira muri iyi si irimo abantu bakora ibibi.+
15 Abantu ntibacana itara ngo baritwikire,* ahubwo barishyira ahantu hagaragara* rikamurikira abari mu nzu bose.+
21 Nuko yongera kubabwira ati: “Nta muntu ucana itara ngo narangiza aritwikire* cyangwa ngo arishyire munsi y’ameza.* Ahubwo arishyira ahantu hagaragara.*+
33 Iyo umuntu amaze gucana itara ntarihisha cyangwa ngo aritwikire,* ahubwo arishyira ahantu hagaragara*+ kugira ngo abinjiye bose babone urumuri.
15 Ibyo bizatuma muba inyangamugayo, mugire umutimanama ukeye, mube abana b’Imana+ batagira inenge.+ Nimukomeza kwitwara mutyo, muzamera nk’urumuri rumurikira muri iyi si irimo abantu bakora ibibi.+