ISOMERO RYO KURI INTERINETI rya Watchtower
Watchtower
ISOMERO RYO KURI INTERINETI
Ururimi rw'amarenga yo mu Rwanda
  • BIBILIYA
  • IBYASOHOTSE
  • AMATERANIRO
  • Mariko 1:23-25
    Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
    • 23 Nanone icyo gihe, muri iyo sinagogi hari umuntu wari waratewe n’umudayimoni.* Nuko arasakuza ati: 24 “Turapfa iki nawe Yesu w’i Nazareti?+ Waje kuturimbura? Nzi neza uwo uri we. Uri Uwera kandi watumwe n’Imana.”+ 25 Ariko Yesu acyaha uwo mudayimoni aravuga ati: “Ceceka kandi umuvemo!”

  • Mariko 3:11, 12
    Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
    • 11 Ndetse n’ababaga baratewe n’abadayimoni+ iyo bamubonaga baramupfukamiraga, bakavuga cyane bati: “Uri Umwana w’Imana.”+ 12 Ariko inshuro nyinshi yategekaga abo badayimoni akababuza kumenyekanisha uwo ari we.+

  • Luka 4:33-35
    Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
    • 33 Icyo gihe mu isinagogi harimo umuntu watewe n’umwuka mubi, ni ukuvuga umudayimoni. Atangira gusakuza avuga ati:+ 34 “Turapfa iki nawe Yesu w’i Nazareti?+ Waje kuturimbura? Nzi neza uwo uri we. Uri Uwera kandi watumwe n’Imana!”+ 35 Ariko Yesu acyaha uwo mudayimoni ati: “Ceceka kandi umuvemo!” Nuko uwo mudayimoni amaze gutura uwo muntu hasi hagati yabo, amuvamo nta cyo amutwaye.

Ibyasohotse mu Marenga (2017-2025)
Sohoka
Injira
  • Ururimi rw'amarenga yo mu Rwanda
  • Yohereze
  • Hitamo
  • Copyright © 2025 Watch Tower Bible and Tract Society of Pennsylvania
  • Amategeko agenga Imikoreshereze
  • Ibijyanye n'ibanga
  • Setingi z'ibijyanye n'ibanga
  • JW.ORG
  • Injira
Yohereze