Ku wa Gatandatu
“Mwirate izina rye ryera. Imitima y’abashaka Yehova niyishime”—Zaburi 105:3
MBERE YA SAA SITA
8:20 Videwo y’umuzika wihariye
8:30 Indirimbo ya 53 n’isengesho
8:40 DISIKURU Z’URUHEREREKANE: Noza ubuhanga bwawe bwo guhindura abantu abigishwa
• Ubabaza ibibazo (Yakobo 1:19)
• Ubereka ko Ijambo ry’Imana rifite imbaraga (Abaheburayo 4:12)
• Utanga ingero (Matayo 13:34, 35)
• Ubigisha uhimbawe (Abaroma 12:11)
• Ugaragaza ko wishyira mu mwanya wabo (1 Abatesalonike 2:7, 8)
• Ubagera ku mutima (Imigani 3:1)
9:50 Indirimbo ya 58 n’amatangazo
10:00 DISIKURU Z’URUHEREREKANE: Emera ubufasha Yehova aduha mu murimo wo guhindura abantu abigishwa
• Ibikoresho by’ubushakashatsi (1 Abakorinto 3:9; 2 Timoteyo 3:16, 17)
• Abavandimwe bacu (Abaroma 16:3, 4; 1 Petero 5:9)
• Isengesho (Zaburi 127:1)
10:45 UMUBATIZO: Uko umubatizo utuma umuntu arushaho kugira ibyishimo (Imigani 11:24; Ibyahishuwe 4:11)
11:15 Indirimbo ya 79 n’ikiruhuko
NYUMA YA SAA SITA
12:35 Videwo y’umuzika wihariye
12:45 Indirimbo ya 76
12:50 Uko abavandimwe bacu babonera ibyishimo mu murimo wo guhindura abantu abigishwa . . .
• Muri Afurika
• Muri Aziya
• Mu Burayi
• Muri Amerika ya Ruguru
• Muri Oseyaniya
• Muri Amerika y’Epfo
1:35 DISIKURU Z’URUHEREREKANE: Fasha abo wigisha Bibiliya . . .
• Kwiyigisha (Matayo 5:3; Yohana 13:17)
• Kuza mu materaniro (Zaburi 65:4)
• Kwirinda inshuti mbi (Imigani 13:20)
• Gucika ku ngeso mbi (Abefeso 4:22-24)
• Kugirana ubucuti na Yehova (1 Yohana 4:8, 19)
2:30 Indirimbo ya 110 n’amatangazo
2:40 FIRIMI: Nehemiya: ‘Ibyishimo bituruka kuri Yehova ni igihome cyacu’—Igice cya 1 (Nehemiya 1:1–6:19)
3:15 Imenyereze uko uzakora umurimo wo guhindura abantu abigishwa mu isi nshya (Yesaya 11:9; Ibyakozwe 24:15)
3:50 Indirimbo ya 140 n’isengesho risoza