1
Intashyo (1-3)
Pawulo ashimira Imana kubera Abakorinto (4-9)
Abagira inama yo kunga ubumwe (10-17)
Kristo ni we ugaragaza imbaraga z’Imana n’ubwenge bwayo (18-25)
Uwirata, yirate bitewe n’uko azi Yehova (26-31)
2
Pawulo abwiriza i Korinto (1-5)
Ubwenge bw’Imana burahambaye (6-10)
Umuntu uyoborwa n’umwuka wera n’umuntu uyoborwa n’imitekerereze y’abantu (11-16)
3
Abakorinto bitwaraga nk’abantu b’iyi si (1-4)
Imana ni yo ikuza (5-9)
Mwubakishe ibikoresho bidatwikwa n’umuriro (10-15)
Muri urusengero rw’Imana (16, 17)
Imana ibona ko ubwenge bw’iyi si ari ubuswa (18-23)
4
Abagaragu Imana yagiriye icyizere, baba bagomba kuba indahemuka (1-5)
Abakristo bagomba kwicisha bugufi (6-13)
Uko Pawulo yitaga ku bana be akunda (14-21)
5
Ibyerekeye ubusambanyi (1-5)
Agasemburo gake, gatubura igipondo cyose (6-8)
Umuntu mubi agomba gukurwa mu itorero (9-13)
6
Ibyerekeye imanza mu bavandimwe (1-8)
Abatazahabwa Ubwami bw’Imana (9-11)
Mujye mukoresha imibiri yanyu muhesha Imana icyubahiro (12-20)
7
Inama zireba abashatse n’abatarashaka (1-16)
Mujye mukomeza kubaho nk’uko mwari mubayeho igihe Imana yabahamagaraga (17-24)
Abatarashaka n’abapfakazi (25-40)
8
9
10
Ibyabaye ku Bisirayeli byadusigiye isomo (1-13)
Mujye mwirinda gusenga ibigirwamana (14-22)
Umudendezo no kwita ku bifitiye abandi akamaro (23-33)
11
12
13
14
15
Umuzuko wa Kristo (1-11)
Umuzuko ni wo ukwizera gushingiyeho (12-19)
Umuzuko wa Kristo ni wo gihamya (20-34)
Umubiri usanzwe n’umubiri w’umwuka (35-49)
Umubiri udashobora gupfa no kubora (50-57)
Hari byinshi byo gukora mu murimo w’Umwami (58)
16
Gukusanya imfashanyo z’Abakristo b’i Yerusalemu (1-4)
Ingendo Pawulo yateganyaga gukora (5-9)
Ababwira ko Timoteyo na Apolo bari kubasura (10-12)
Atanga inama kandi akohereza intashyo (13-24)