Kuva 22:25 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 25 “Nuguriza amafaranga umuntu wo mu bwoko bwanjye ubabaye uri kumwe nawe,+ ntuzamubere nk’abandi. Ntuzamwake inyungu.+ Gutegeka kwa Kabiri 23:19 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 19 “Ntuzake umuvandimwe wawe inyungu,+ yaba inyungu ku mafaranga, ku byokurya+ cyangwa ku kintu icyo ari cyo cyose gitangwaho inyungu. Nehemiya 5:7 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 7 Mbitekerezaho mu mutima wanjye, nuko ngaya+ abakomeye n’abatware, ndababwira nti “buri wese muri mwe ashakira indonke+ ku muvandimwe we.” Nuko ntumiza iteraniro rinini kubera bo.+ Zab. 15:5 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 5 Ntaguriza umuntu amafaranga ashaka inyungu,+Ntiyakira impongano ngo arenganye utariho urubanza.+ Ukora ibyo ntazanyeganyezwa.+ Imigani 28:8 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 8 Uwigwizaho ibintu by’agaciro yaka abantu inyungu+ cyangwa akabashakamo indonke, aba abirundanya kugira ngo bizabe iby’ugirira neza aboroheje.+ Ezekiyeli 18:13 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 13 Niba yaraguririzaga kubona indonke+ kandi akaka inyungu,+ ntazakomeza kubaho bitewe n’ibyo bintu byose byangwa urunuka yakoze.+ Azicwa nta kabuza, kandi amaraso ye ni we azabarwaho.+
25 “Nuguriza amafaranga umuntu wo mu bwoko bwanjye ubabaye uri kumwe nawe,+ ntuzamubere nk’abandi. Ntuzamwake inyungu.+
19 “Ntuzake umuvandimwe wawe inyungu,+ yaba inyungu ku mafaranga, ku byokurya+ cyangwa ku kintu icyo ari cyo cyose gitangwaho inyungu.
7 Mbitekerezaho mu mutima wanjye, nuko ngaya+ abakomeye n’abatware, ndababwira nti “buri wese muri mwe ashakira indonke+ ku muvandimwe we.” Nuko ntumiza iteraniro rinini kubera bo.+
5 Ntaguriza umuntu amafaranga ashaka inyungu,+Ntiyakira impongano ngo arenganye utariho urubanza.+ Ukora ibyo ntazanyeganyezwa.+
8 Uwigwizaho ibintu by’agaciro yaka abantu inyungu+ cyangwa akabashakamo indonke, aba abirundanya kugira ngo bizabe iby’ugirira neza aboroheje.+
13 Niba yaraguririzaga kubona indonke+ kandi akaka inyungu,+ ntazakomeza kubaho bitewe n’ibyo bintu byose byangwa urunuka yakoze.+ Azicwa nta kabuza, kandi amaraso ye ni we azabarwaho.+