Yosuwa 2:19 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 19 Umuntu wese uzasohoka mu nzu yawe akajya hanze,+ amaraso ye azamubarweho, kandi natwe ntituzagibwaho n’urubanza. Umuntu wese uzagumana nawe mu nzu, nagira icyo aba amaraso ye azatubarweho. Abacamanza 9:24 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 24 Imana yararetse ibyo bibaho kugira ngo urugomo bakoreye abahungu mirongo irindwi ba Yerubayali rubagaruke,+ no kugira ngo iryoze Abimeleki umuvandimwe wabo amaraso yabo kuko ari we wabishe,+ inayaryoze abaturage b’i Shekemu kuko bamufashije+ kwica abavandimwe be. 2 Samweli 4:11 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 11 None se abagizi ba nabi+ biciye umukiranutsi ku buriri mu nzu ye, nabura nte kubica? Ese singomba kubaryoza amaraso ye,+ nkabakura ku isi?”+ 1 Abami 2:37 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 37 Umunsi wasohotse ukambuka akagezi ka Kidironi,+ uzamenye ko uzapfa nta kabuza.+ Amaraso yawe azabe ku mutwe wawe.”+ Ezekiyeli 18:13 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 13 Niba yaraguririzaga kubona indonke+ kandi akaka inyungu,+ ntazakomeza kubaho bitewe n’ibyo bintu byose byangwa urunuka yakoze.+ Azicwa nta kabuza, kandi amaraso ye ni we azabarwaho.+ Ibyakozwe 18:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 Ariko bakomeje kumurwanya no kumutuka,+ akunkumura imyenda+ ye, arababwira ati “amaraso yanyu+ abe ku mitwe yanyu. Ndi umwere.+ Uhereye ubu, ngiye ku banyamahanga.”+
19 Umuntu wese uzasohoka mu nzu yawe akajya hanze,+ amaraso ye azamubarweho, kandi natwe ntituzagibwaho n’urubanza. Umuntu wese uzagumana nawe mu nzu, nagira icyo aba amaraso ye azatubarweho.
24 Imana yararetse ibyo bibaho kugira ngo urugomo bakoreye abahungu mirongo irindwi ba Yerubayali rubagaruke,+ no kugira ngo iryoze Abimeleki umuvandimwe wabo amaraso yabo kuko ari we wabishe,+ inayaryoze abaturage b’i Shekemu kuko bamufashije+ kwica abavandimwe be.
11 None se abagizi ba nabi+ biciye umukiranutsi ku buriri mu nzu ye, nabura nte kubica? Ese singomba kubaryoza amaraso ye,+ nkabakura ku isi?”+
37 Umunsi wasohotse ukambuka akagezi ka Kidironi,+ uzamenye ko uzapfa nta kabuza.+ Amaraso yawe azabe ku mutwe wawe.”+
13 Niba yaraguririzaga kubona indonke+ kandi akaka inyungu,+ ntazakomeza kubaho bitewe n’ibyo bintu byose byangwa urunuka yakoze.+ Azicwa nta kabuza, kandi amaraso ye ni we azabarwaho.+
6 Ariko bakomeje kumurwanya no kumutuka,+ akunkumura imyenda+ ye, arababwira ati “amaraso yanyu+ abe ku mitwe yanyu. Ndi umwere.+ Uhereye ubu, ngiye ku banyamahanga.”+