Ibirimo
15 Nyakanga 2014
© 2014 Watch Tower Bible and Tract Society of Pennsylvania
IGAZETI YO KWIGWA
1-7 NZERI 2014
IPAJI YA 7 • INDIRIMBO: 63, 66
8-14 NZERI 2014
Abagize ubwoko bwa Yehova ‘bazibukira ibyo gukiranirwa’
IPAJI YA 12 • INDIRIMBO: 64, 61
15-21 NZERI 2014
IPAJI YA 23 • INDIRIMBO: 31, 92
22-28 NZERI 2014
IPAJI YA 28 • INDIRIMBO: 102, 103
IBICE BYO KWIGWA
▪ “Yehova azi abe”
▪ Abagize ubwoko bwa Yehova ‘bazibukira ibyo gukiranirwa’
Ibi bice bisobanura amagambo ari muri 2 Timoteyo 2:19, kandi bigaragaza isano afitanye n’ibyabaye mu gihe cya Mose. Menya ukuntu muri iki gihe Abakristo bashobora kugaragaza ko ari ‘aba Yehova’ kandi ko ‘bazibukira ibyo gukiranirwa.’
▪ “Muri abahamya banjye”
▪ “Muzambera abahamya”
Muri ibi bice, tuzasuzuma icyo kuba twitwa Abahamya ba Yehova bisobanura. Tuzasobanukirwa ukuntu kwishimira kubwiriza ibihereranye na Yehova na Yesu bizadushishikariza kugira ishyaka mu murimo wo kubwiriza no guhesha ikuzo Imana na Kristo.
KU GIFUBIKO: Bashiki bacu babiri babwiriza abagore babiri bo mu bwoko bw’Abandebele bambaye imyambaro yabo gakondo, bakoresheje igitabo Ni iki mu by’ukuri Bibiliya yigisha? Bicaye imbere y’inzu igaragaza uko mu giturage cyaho bubaka. Abantu bo mu bwoko bw’Abandebele bagize 2 ku ijana by’abaturage bo muri icyo gihugu
AFURIKA Y’EPFO
ABATURAGE
50.500.000
UMUBARE W’ABABWIRIZA
94.101
ABABWIRIZA BAVUGA IKINDEBELE
1.003