25 Nzeri–1 Ukwakira
DANIYELI 4-6
Indirimbo ya 67 n’isengesho
Amagambo yo gutangira (Imin. 3 cg itagezeho)
UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA
“Komeza gukorera Yehova”: (Imin. 10)
Dn 6:7-10—Daniyeli yakomeje gukorera Yehova, nubwo byari kumuteza akaga (w10 15/11 6 par. 16; w06 1/11 24 par. 12)
Dn 6:16, 20—Umwami Dariyo yabonye ko Daniyeli yari incuti ya Yehova (w03 15/9 15 par. 2)
Dn 6:22, 23—Yehova yagororeye Daniyeli bitewe n’uko yamusengaga buri gihe (w10 15/2 18 par. 15)
Gucukumbura ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana: (Imin. 8)
Dn 4:10, 11, 20-22—Igiti kirekire cyane Nebukadinezari yabonye mu nzozi, kigereranya iki? (w07 1/9 18 par. 5)
Dn 5:17, 29—Kuki Daniyeli yabanje kwanga impano z’Umwami Nebukadinezari nyuma akaza kuzemera? (w88 1/10 30 par. 3-5; dp 109 par. 22)
Ibyo wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru bikwigisha iki kuri Yehova?
Ni ibihe bintu bindi by’agaciro wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru?
Gusoma Bibiliya: (Imin. 4 cg itagezeho) Dn 4:29-37
JYA URANGWA N’ISHYAKA MU MURIMO WO KUBWIRIZA
Kuganira n’umuntu ku ncuro ya mbere: (Imin. 2 cg itagezeho) inv
Gusubira gusura: (Imin. 4 cg itagezeho) inv—Erekana uko wasubira gusura umuntu watumiye mu materaniro ubushize.
Icyigisho cya Bibiliya: (Imin. 6 cg itagezeho) bh 120 par. 16—Tera umwigishwa inkunga yo kuba indahemuka nubwo yaba arwanywa n’abo mu muryango we.
IMIBEREHO IKWIRIYE ABAKRISTO
“Jya ubatoza gukorera Yehova ubudacogora”: (Imin. 15) Ikiganiro. Nyuma y’icyo kiganiro, erekana videwo igaragaza umubwiriza umenyereye, urimo atoza umubwiriza mushya.
Icyigisho cya Bibiliya cy’Itorero: (Imin. 30) kr igice cya 18 par. 9-20, agasanduku gafite umutwe uvuga ngo “Impano dutanga zijya he?,” n’agasanduku k’isubiramo gafite umutwe uvuga ngo “Ni mu rugero rungana iki ubona ko Ubwami butegeka?”
Isubiramo no kuvuga muri make ibyo muziga mu cyumweru gitaha (Imin. 3)
Indirimbo ya 73 n’isengesho