2-8 Nzeri
Abaheburayo 7-8
Indirimbo ya 16 n’isengesho
Amagambo yo gutangira (Imin. 3 cg itagezeho)
UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA
“Umutambyi iteka ryose mu buryo bwa Melikisedeki”: (Imin. 10)
Hb 7:1, 2—Melikisedeki wari umwami n’umutambyi yasanganiye Aburahamu amuha umugisha (it-2-F 249)
Hb 7:3—Melikisedeki ntiyagiraga “igisekuru” kandi ‘yakomeje kuba umutambyi iteka’ (it-2-F 250 par. 3)
Hb 7:17—Yesu ni “umutambyi iteka ryose mu buryo bwa Melikisedeki” (it-2-F 249)
Gucukumbura ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana: (Imin. 8)
Hb 8:3—Ni irihe tandukaniro ryari hagati y’amaturo n’ibitambo byatangwaga mu gihe cy’Amategeko ya Mose? (w00 15/8 14 par. 11)
Hb 8:13—Ni mu buhe buryo isezerano ry’Amategeko ryabaye “impitagihe” mu gihe cya Yeremiya? (it-1-F 79 par. 7)
Ibyo wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru bikwigisha iki kuri Yehova?
Ni ibihe bintu bindi by’agaciro wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru?
Gusoma Bibiliya: (Imin. 4 cg itagezeho) Hb 7:1-17 (th ingingo ya 5)
JYA URANGWA N’ISHYAKA MU MURIMO WO KUBWIRIZA
Itoze gusoma no kwigisha: (Imin. 10) Ikiganiro. Erekana videwo ivuga ngo: “Gukoresha imfashanyigisho,” hanyuma muganire ku ngingo ya 9 mu gatabo Gusoma no Kwigisha.
Disikuru: (Imin. 5 cg itagezeho) w14 15/10 15-16 par. 9-11, 13-14—Umutwe: Isezerano rishya ni iki? (th ingingo ya 7)
IMIBEREHO IKWIRIYE ABAKRISTO
Ibyo umuryango wacu wagezeho: (Imin. 15) Erekana videwo yo muri Nzeri ivuga ngo: “Ibyo umuryango wacu wagezeho.” Shishikariza abateranye gusura ikicaro gikuru cyangwa ibiro by’ishami byo mu gihugu cyanyu niba bishoboka.
Ikigisho cya Bibiliya k’Itorero: (Imin. 30) jy igice cya 82
Isubiramo no kuvuga muri make ibyo muziga mu cyumweru gitaha (Imin. 3)
Indirimbo ya 83 n’isengesho