1
Elukana n’abagore be (1-8)
Hana wari ingumba, asenga asaba umwana (9-18)
Samweli avuka nyuma agahabwa Yehova (19-28)
2
Isengesho rya Hana (1-11)
Ibyaha by’abahungu babiri ba Eli (12-26)
Yehova avuga ibizaba ku muryango wa Eli (27-36)
3
4
5
6
7
Isanduku igera i Kiriyati-yeyarimu (1)
Samweli asaba Abisirayeli gukorera Yehova n’umutima wabo wose (2-6)
Abisirayeli batsindira i Misipa (7-14)
Samweli acira imanza Abisirayeli (15-17)
8
Abisirayeli bisabira umwami (1-9)
Samweli aburira abantu (10-18)
Yehova yemerera Abisirayeli kugira umwami (19-22)
9
10
11
12
13
Sawuli atoranya ingabo (1-4)
Sawuli agaragaza ubwibone (5-9)
Samweli acyaha Sawuli (10-14)
Igihe muri Isirayeli nta ntwaro bagiraga (15-23)
14
Yonatani atsindira i Mikimashi (1-14)
Imana irimbura abanzi ba Isirayeli (15-23)
Indahiro Sawuli yarahiye ahubutse (24-46)
Intambara Sawuli yarwanye; umuryango we (47-52)
15
Sawuli asuzugura Yehova akarokora Agagi (1-9)
Samweli acyaha Sawuli (10-23)
Imana yanga ko Sawuli akomeza kuba umwami (24-29)
Samweli yica Agagi (30-35)
16
Samweli asuka amavuta kuri Dawidi kugira ngo abe umwami uzasimbura Sawuli (1-13)
Imana ikura umwuka wayo kuri Sawuli (14-17)
Dawidi aba umucuranzi wa Sawuli (18-23)
17
18
Ubucuti bwa Dawidi na Yonatani (1-4)
Intambara Dawidi yatsinze zatumye Sawuli amugirira ishyari (5-9)
Sawuli agerageza kwica Dawidi (10-19)
Dawidi ashyingiranwa n’umukobwa wa Sawuli witwa Mikali (20-30)
19
20
21
22
Dawidi ari muri Adulamu n’i Misipe (1-5)
Sawuli yicisha abatambyi b’i Nobu (6-19)
Abiyatali atoroka (20-23)
23
Dawidi akiza abo mu mujyi w’i Keyila (1-12)
Sawuli ajya guhiga Dawidi (13-15)
Yonatani atera inkunga Dawidi (16-18)
Dawidi acika Sawuli bigoranye (19-29)
24
25
Urupfu rwa Samweli (1)
Nabali yirukana abasirikare ba Dawidi (2-13)
Abigayili agaragaza ubwenge (14-35)
Yehova yica Nabali wari ikigoryi (36-38)
Abigayili aba umugore wa Dawidi (39-44)
26
27
28
29
30
31