-
Kubara 26:63, 64Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
-
-
63 Abo ni bo Mose n’umutambyi Eleyazari babaruye igihe babaruraga Abisirayeli mu bibaya byo mu butayu bw’i Mowabu, hafi y’uruzi rwa Yorodani, ahateganye n’i Yeriko. 64 Ariko muri abo babaruwe icyo gihe, nta n’umwe wari ukiriho mu bo Mose n’umutambyi Aroni babaruriye mu butayu bwa Sinayi,+
-
-
Gutegeka kwa Kabiri 2:14Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
-
-
14 Urugendo rwo kuva i Kadeshi-baruneya kugeza aho twambukiye Ikibaya cya Zeredi rwamaze imyaka 38, kugeza ubwo abantu bose bashoboraga kujya ku rugamba muri icyo gihe bapfiriye bagashira mu nkambi, nk’uko Yehova yari yarabirahiriye.+
-
-
1 Abakorinto 10:5Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
-
-
5 Icyakora, benshi muri bo Imana ntiyabishimiye, kandi byatumye bapfira mu butayu.+
-