ISOMERO RYO KURI INTERINETI rya Watchtower
Watchtower
ISOMERO RYO KURI INTERINETI
Ururimi rw'amarenga yo mu Rwanda
  • BIBILIYA
  • IBYASOHOTSE
  • AMATERANIRO
  • Matayo 26:59-61
    Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
    • 59 Hagati aho, abakuru b’abatambyi n’abari bagize Urukiko rw’Ikirenga rw’Abayahudi bose, bashakishaga ibirego by’ibinyoma byo gushinja Yesu kugira ngo babone uko bamwica.+ 60 Ariko nubwo haje abatangabuhamya benshi bo kumushinja ibinyoma,+ nta kirego na kimwe cyamufashe. Nyuma yaho haje abandi bagabo babiri 61 baravuga bati: “Uyu muntu yaravuze ati: ‘nshobora gusenya urusengero rw’Imana maze nkarwubaka mu minsi itatu.’”+

  • Matayo 27:39, 40
    Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
    • 39 Nuko abahisi n’abagenzi bakamutuka+ bamuzunguriza umutwe,+ 40 bavuga bati: “Harya ngo wari gusenya urusengero ukarwubaka mu minsi itatu!+ Ngaho ikize! Niba uri Umwana w’Imana, manuka kuri icyo giti cy’umubabaro.”+

  • Mariko 14:57, 58
    Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
    • 57 Nanone hari abahagurukaga bakamurega ibinyoma bavuga bati: 58 “Twamwumvise avuga ati: ‘nzasenya uru rusengero rwubatswe n’abantu, maze mu minsi itatu nubake urundi rutubatswe n’abantu.’”+

Ibyasohotse mu Marenga (2017-2025)
Sohoka
Injira
  • Ururimi rw'amarenga yo mu Rwanda
  • Yohereze
  • Hitamo
  • Copyright © 2025 Watch Tower Bible and Tract Society of Pennsylvania
  • Amategeko agenga Imikoreshereze
  • Ibijyanye n'ibanga
  • Setingi z'ibijyanye n'ibanga
  • JW.ORG
  • Injira
Yohereze