2 Abami 21:16 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 16 Nanone Manase yamennye amaraso menshi cyane y’abatariho urubanza,+ yakuzura Yerusalemu kuva ku mpera imwe kugera ku yindi, yiyongera ku cyaha yakoze agatera u Buyuda gucumura bugakora ibibi mu maso ya Yehova.+ 2 Abami 24:4 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 4 n’amaraso y’abatariho urubanza+ yamennye akayuzuza i Yerusalemu; nuko Yehova yanga gutanga imbabazi.+ Yesaya 59:7 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 7 Ibirenge byabo byirukira kugira nabi gusa,+ kandi byihutira kuvusha amaraso y’utariho urubanza.+ Ibitekerezo byabo ni bibi,+ kandi kunyaga no gusenya biri mu nzira zabo z’igihogere.+ Yeremiya 2:34 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 34 Kandi ku ncunda z’imyambaro yawe habonetseho ibizinga by’amaraso y’ubugingo+ bw’abakene batariho urubanza.+ Sinigeze mbafatira mu cyuho, ahubwo nasanze amaraso yabo ku ncunda z’imyenda yawe yose.+ Amaganya 4:13 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 13 Muri yo habonetse abavusha amaraso y’abakiranutsi,+ Bitewe n’ibyaha by’abahanuzi n’amakosa y’abatambyi baho.+ Matayo 23:35 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 35 kugira ngo mugibweho n’umwenda w’amaraso y’abakiranutsi bose biciwe mu isi,+ uhereye ku maraso y’umukiranutsi+ Abeli,+ ukageza ku maraso ya Zekariya mwene Barakiya, uwo mwiciye hagati y’ahera h’urusengero n’igicaniro.+ Ibyahishuwe 16:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 kuko bamennye amaraso y’abera n’abahanuzi,+ none nawe ubahaye amaraso+ ngo bayanywe. Ibyo ni byo bibakwiriye.”+
16 Nanone Manase yamennye amaraso menshi cyane y’abatariho urubanza,+ yakuzura Yerusalemu kuva ku mpera imwe kugera ku yindi, yiyongera ku cyaha yakoze agatera u Buyuda gucumura bugakora ibibi mu maso ya Yehova.+
4 n’amaraso y’abatariho urubanza+ yamennye akayuzuza i Yerusalemu; nuko Yehova yanga gutanga imbabazi.+
7 Ibirenge byabo byirukira kugira nabi gusa,+ kandi byihutira kuvusha amaraso y’utariho urubanza.+ Ibitekerezo byabo ni bibi,+ kandi kunyaga no gusenya biri mu nzira zabo z’igihogere.+
34 Kandi ku ncunda z’imyambaro yawe habonetseho ibizinga by’amaraso y’ubugingo+ bw’abakene batariho urubanza.+ Sinigeze mbafatira mu cyuho, ahubwo nasanze amaraso yabo ku ncunda z’imyenda yawe yose.+
13 Muri yo habonetse abavusha amaraso y’abakiranutsi,+ Bitewe n’ibyaha by’abahanuzi n’amakosa y’abatambyi baho.+
35 kugira ngo mugibweho n’umwenda w’amaraso y’abakiranutsi bose biciwe mu isi,+ uhereye ku maraso y’umukiranutsi+ Abeli,+ ukageza ku maraso ya Zekariya mwene Barakiya, uwo mwiciye hagati y’ahera h’urusengero n’igicaniro.+
6 kuko bamennye amaraso y’abera n’abahanuzi,+ none nawe ubahaye amaraso+ ngo bayanywe. Ibyo ni byo bibakwiriye.”+