Kuva 34:7 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 7 igaragariza abantu ineza yuje urukundo kugeza ku bo mu bisekuru ibihumbi.+ Ni Imana ibabarira abantu amakosa, ibicumuro n’ibyaha,+ ariko ntibure guhana+ uwakoze icyaha, igahanira abana amakosa ya ba se ikageza ku buzukuru n’abuzukuruza.”+ Yeremiya 13:14 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 14 Nzabajanjagurira icyarimwe umwe muhonda ku wundi, abana mbahonda kuri ba se,”+ ni ko Yehova avuga. “Sinzabagirira impuhwe cyangwa ngo numve banteye agahinda, kandi sinzabagirira imbabazi ngo ndeke kubarimbura.”’+ Amaganya 2:2 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 2 Yehova yamize bunguri ubuturo+ bwa Yakobo bwose ntiyagira na bumwe agirira impuhwe. Yashenye ibihome+ by’umukobwa w’u Buyuda afite umujinya mwinshi. Yabigejeje ku butaka,+ ahumanya ubwami+ n’ibikomangoma byaho.+ Amaganya 3:43 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 43 Wadukumirishije uburakari,+ ukomeza kudukurikirana.+ Waratwishe ntiwatugirira impuhwe.+ Ezekiyeli 5:11 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 11 “Umwami w’Ikirenga Yehova aravuga ati ‘kubera ko mwahumanyishije urusengero rwanjye ibiteye ishozi byanyu+ n’ibintu byose byangwa urunuka mwakoze,+ ni yo mpamvu ndahiye kubaho kwanjye ko nanjye ngiye kubatubya;+ ijisho ryanjye ntirizabababarira+ kandi sinzabagirira impuhwe.+ Ezekiyeli 7:4 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 4 Ijisho ryanjye ntirizakubabarira,+ kandi sinzakugirira impuhwe kuko nzakuryoza inzira zawe. Ibintu byawe byangwa urunuka bizaba muri wowe,+ kandi muzamenya ko ndi Yehova.’+
7 igaragariza abantu ineza yuje urukundo kugeza ku bo mu bisekuru ibihumbi.+ Ni Imana ibabarira abantu amakosa, ibicumuro n’ibyaha,+ ariko ntibure guhana+ uwakoze icyaha, igahanira abana amakosa ya ba se ikageza ku buzukuru n’abuzukuruza.”+
14 Nzabajanjagurira icyarimwe umwe muhonda ku wundi, abana mbahonda kuri ba se,”+ ni ko Yehova avuga. “Sinzabagirira impuhwe cyangwa ngo numve banteye agahinda, kandi sinzabagirira imbabazi ngo ndeke kubarimbura.”’+
2 Yehova yamize bunguri ubuturo+ bwa Yakobo bwose ntiyagira na bumwe agirira impuhwe. Yashenye ibihome+ by’umukobwa w’u Buyuda afite umujinya mwinshi. Yabigejeje ku butaka,+ ahumanya ubwami+ n’ibikomangoma byaho.+
11 “Umwami w’Ikirenga Yehova aravuga ati ‘kubera ko mwahumanyishije urusengero rwanjye ibiteye ishozi byanyu+ n’ibintu byose byangwa urunuka mwakoze,+ ni yo mpamvu ndahiye kubaho kwanjye ko nanjye ngiye kubatubya;+ ijisho ryanjye ntirizabababarira+ kandi sinzabagirira impuhwe.+
4 Ijisho ryanjye ntirizakubabarira,+ kandi sinzakugirira impuhwe kuko nzakuryoza inzira zawe. Ibintu byawe byangwa urunuka bizaba muri wowe,+ kandi muzamenya ko ndi Yehova.’+