14-20 Mutarama
IBYAKOZWE 23-24
Indirimbo ya 148 n’isengesho
Amagambo yo gutangira (Imin. 3 cg atagezeho)
UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA
“Bavugaga ko Pawulo ari icyago kandi ko yoshyaga abantu ngo bigomeke”: (Imin. 10)
Ibk 23:12, 16—Umugambi mubisha wo kwica Pawulo waburijwemo (bt 191 par. 5-6)
Ibk 24:2, 5, 6—Teritulo yashinje Pawulo mu ruhame imbere ya guverineri w’Umuroma (bt 192 par. 10)
Ibk 24:10-21—Pawulo yireguye mu kinyabupfura kandi abwiriza ashize amanga (bt 193-194 par. 13-14)
Gucukumbura ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana: (Imin. 8)
Ibk 23:6—Kuki Pawulo yavuze ko ari Umufarisayo? (“ndi Umufarisayo” ibisobanuro, Ibk 23:6, nwtsty)
Ibk 24:24, 27—Dirusila yari muntu ki? (“Dirusila” ibisobanuro, Ibk 24:24, nwtsty)
Ibyo wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru bikwigisha iki kuri Yehova?
Ni ibihe bintu bindi by’agaciro wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru?
Gusoma Bibiliya: (Imin. 4 cg itagezeho) Ibk 23:1-15 (th ingingo ya 5)
JYA URANGWA N’ISHYAKA MU MURIMO WO KUBWIRIZA
Videwo y’uko waganira n’umuntu bwa mbere: (Imin. 4) Erekana iyo videwo hanyuma muyiganireho.
Kuganira n’umuntu ku nshuro ya mbere: (Imin. 2 cg itagezeho) Ifashishe uburyo bwo gutangiza ibiganiro. (th ingingo ya 1)
Kuganira n’umuntu ku nshuro ya mbere: (Imin. 3 cg itagezeho) Ifashishe uburyo bwo gutangiza ibiganiro kandi utsinde imbogamirabiganiro mukunze guhura na yo. (th ingingo ya 2)
Kuganira n’umuntu ku nshuro ya mbere: (Imin. 3 cg itagezeho) Ifashishe uburyo bwo gutangiza ibiganiro kandi utsinde imbogamirabiganiro mukunze guhura na yo. (th ingingo ya 3)
IMIBEREHO IKWIRIYE ABAKRISTO
Raporo y’umwaka w’umurimo: (Imin. 15) Disikuru. Itangwe n’umusaza. Nyuma yo gusoma ibaruwa y’ibiro by’ishami igaragaza uko umurimo wakozwe mu mwaka ushize, gira icyo ubaza ababwiriza watoranyije mbere y’igihe, bavuge ibintu bishimishije bagezeho muri uwo mwaka w’umurimo.
Ikigisho cya Bibiliya k’Itorero: (Imin. 30) jy igice cya 50
Isubiramo no kuvuga muri make ibyo muziga mu cyumweru gitaha (Imin. 3)
Indirimbo ya 128 n’isengesho