1
2
Abaragura bakoresheje inyenyeri bajya gusura Yesu (1-12)
Bahungira muri Egiputa (13-15)
Herode yica abana b’abahungu (16-18)
Basubira i Nazareti (19-23)
3
4
Satani ashuka Yesu (1-11)
Yesu atangira kubwiriza i Galilaya (12-17)
Abigishwa ba mbere batoranywa (18-22)
Yesu abwiriza, akigisha kandi agakiza indwara (23-25)
5
6
7
8
Umuntu wari urwaye ibibembe akira (1-4)
Umukuru w’abasirikare wari ufite ukwizera (5-13)
Yesu akiza abantu benshi i Kaperinawumu (14-17)
Uko twakurikira Yesu (18-22)
Yesu acyaha umuyaga (23-27)
Yesu yohereza abadayimoni mu ngurube (28-34)
9
Yesu akiza umuntu wari waramugaye (1-8)
Yesu atoranya Matayo (9-13)
Bamubaza ibyo kwigomwa kurya no kunywa (14-17)
Umukobwa wa Yayiro. Umugore akora ku mwitero wa Yesu (18-26)
Yesu akiza umuntu wari ufite ubumuga bwo kutabona n’uwari ufite ubumuga bwo kutavuga (27-34)
Ibisarurwa ni byinshi, ariko abakozi ni bake (35-38)
10
Intumwa 12 (1-4)
Amabwiriza arebana n’umurimo wo kubwiriza (5-15)
Abigishwa bazatotezwa (16-25)
Mujye mutinya Imana aho gutinya abantu (26-31)
Sinazanye amahoro ahubwo nazanye inkota (32-39)
Kwakira abigishwa ba Yesu (40-42)
11
Yohana Umubatiza ashimwa (1-15)
Abantu banze kumva ubutumwa bwiza bacirwa urubanza (16-24)
Yesu asingiza Papa we kuko yita ku boroheje (25-27)
Umutwaro wa Yesu nturemereye (28-30)
12
Yesu ‘afite ububasha ku birebana n’Isabato’ (1-8)
Umuntu wari ufite ukuboko kwagagaye akira (9-14)
Umugaragu w’Imana ukundwa (15-21)
Umwuka wera ni wo wirukana abadayimoni (22-30)
Icyaha kitababarirwa (31, 32)
Igiti kimenyekanira ku mbuto cyera (33-37)
Ikimenyetso cya Yona (38-42)
Iyo umwuka mubi ugarutse mu muntu (43-45)
Mama wa Yesu n’abavandimwe be (46-50)
13
14
Yohana Umubatiza bamuca umutwe (1-12)
Yesu agaburira abantu 5.000 (13-21)
Yesu agenda hejuru y’amazi (22-33)
Akiza abantu benshi b’i Genesareti (34-36)
15
Imigenzo y’abantu ishyirwa ahagaragara (1-9)
Ibiva mu mutima ni byo bituma Imana ibona ko umuntu yanduye (10-20)
Umugore w’Umunyafoyinike wari ufite ukwizera gukomeye (21-28)
Yesu akiza indwara nyinshi (29-31)
Yesu agaburira abantu 4.000 (32-39)
16
Basaba ikimenyetso (1-4)
Umusemburo w’Abafarisayo n’uw’Abasadukayo (5-12)
Imfunguzo z’Ubwami (13-20)
Yesu avuga mbere y’igihe iby’urupfu rwe (21-23)
Ibiranga abigishwa ba Yesu (24-28)
17
Yesu ahindura isura (1-13)
Ukwizera kungana n’akabuto ka Sinapi (14-21)
Yesu yongera kubabwira ko azicwa (22, 23)
Igiceri kivuye mu kanwa k’ifi cyo kwishyura umusoro (24-27)
18
Umuntu ukomeye kuruta abandi mu Bwami bwo mu ijuru (1-6)
Abatuma abandi bakora ibyaha (7-11)
Umugani w’intama yabuze (12-14)
Uko wafasha umuvandimwe wawe gukora ibyiza (15-20)
Umugani w’umugaragu utababarira (21-35)
19
Gushaka no gutana (1-9)
Impano y’ubuseribateri (10-12)
Yesu aha abana umugisha (13-15)
Umusore w’umukire agira icyo abaza Yesu (16-24)
Kwigomwa kubera Ubwami bw’Imana (25-30)
20
Abakozi bo mu ruzabibu bahabwa ibihembo bingana (1-16)
Yesu yongera kuvuga iby’urupfu rwe (17-19)
Bamusaba kuzahabwa imyanya mu Bwami (20-28)
Abagabo babiri bakira ubumuga bwo kutabona (29-34)
21
Yesu yinjira muri Yerusalemu mu cyubahiro (1-11)
Yesu yeza urusengero (12-17)
Igiti cy’umutini kivumwa (18-22)
Bibaza aho Yesu akura imbaraga (23-27)
Umugani w’abana babiri (28-32)
Umugani w’abahinzi b’abicanyi (33-46)
22
Umugani w’ibirori by’ubukwe (1-14)
Imana na Kayisari (15-22)
Bamubaza ibirebana n’umuzuko (23-33)
Amategeko abiri akomeye kuruta ayandi (34-40)
Ese Kristo akomoka kuri Dawidi? (41-46)
23
Ntimukigane abanditsi n’Abafarisayo (1-12)
Abanditsi n’Abafarisayo bazahura n’ibibazo bikomeye (13-36)
Abantu bo muri Yerusalemu batera Yesu agahinda (37-39)
24
25
26
Abatambyi bajya inama yo kwica Yesu (1-5)
Yesu asukwaho amavuta ahumura neza (6-13)
Pasika ya nyuma. Ubugambanyi (14-25)
Ifunguro ry’Umwami rya Nimugoroba ritangizwa (26-30)
Petero abwirwa ko ari buze kwihakana Yesu (31-35)
Yesu asenga ari i Getsemani (36-46)
Yesu afatwa (47-56)
Ari imbere y’Urukiko rw’Ikirenga rw’Abayahudi (57-68)
Petero yihakana Yesu (69-75)
27
Yesu ashyikirizwa Pilato (1, 2)
Yuda yiyahura (3-10)
Yesu ari imbere ya Pilato (11-26)
Abantu bamuseka (27-31)
Amanikwa ku giti cy’umubabaro i Gologota (32-44)
Yesu apfa (45-56)
Yesu ashyingurwa (57-61)
Imva irindwa cyane (62-66)
28