1
Jambo aba umuntu (1-18)
Ubutumwa bwa Yohana Umubatiza (19-28)
Yesu ni Umwana w’Intama w’Imana (29-34)
Abigishwa ba mbere ba Yesu (35-42)
Filipo na Natanayeli (43-51)
2
Ubukwe bw’i Kana. Amazi ahinduka divayi (1-12)
Yesu yeza urusengero (13-22)
Yesu aba azi ibiri mu mutima w’umuntu (23-25)
3
4
Yesu n’Umusamariyakazi (1-38)
Abasamariya benshi bizera Yesu (39-42)
Yesu akiza umwana w’umukozi w’ibwami (43-54)
5
Akiza umugabo wari ku kidendezi cya Betesida (1-18)
Yesu yahabwaga ububasha na Papa we (19-24)
Abantu bapfuye bazumva ijwi rya Yesu (25-30)
Ubuhamya bwerekeye Yesu (31-47)
6
Yesu agaburira abantu 5.000 (1-15)
Yesu agendera hejuru y’amazi (16-21)
Yesu ni ‘umugati utanga ubuzima’ (22-59)
Abantu benshi bacika intege bitewe n’ibyo Yesu yari yavuze (60-71)
7
Yesu mu Minsi Mikuru y’Ingando (1-13)
Yesu yigisha mu gihe cy’iminsi mikuru (14-24)
Ibintu bitandukanye abantu bavugaga kuri Kristo (25-52)
8
Papa wa Yesu ni we uhamya ibyerekeye Yesu (12-30)
Abana ba Aburahamu (31-41)
Abana ba Satani (42-47)
Yesu na Aburahamu (48-59)
9
Yesu akiza umuntu wavutse atabona (1-12)
Yesu akiza umuntu, maze Abafarisayo bakabaza uwo muntu ibibazo byinshi (13-34)
Ukuntu Abafarisayo bari impumyi (35-41)
10
Umwungeri n’urugo rw’intama (1-21)
Abayahudi bavugana na Yesu ku Munsi Mukuru wo Gutaha Urusengero (22-39)
Abayahudi benshi banga kumwizera (24-26)
“Intama zanjye zumva ijwi ryanjye” (27)
Umwana yunze ubumwe na Papa we (30, 38)
Abantu benshi bo hakurya ya Yorodani bizera Yesu (40-42)
11
Lazaro apfa (1-16)
Yesu ahumuriza Mariya na Marita (17-37)
Yesu azura Lazaro (38-44)
Bajya inama yo kwica Yesu (45-57)
12
Mariya asuka amavuta ku birenge bya Yesu (1-11)
Yesu yinjirana ishema muri Yerusalemu (12-19)
Yesu avuga ko azapfa (20-37)
Kuba Abayahudi barabuze ukwizera byatumye ibyavuzwe mu buhanuzi biba (38-43)
Yesu yaje gukiza abari mu isi (44-50)
13
Yesu yoza abigishwa be ibirenge (1-20)
Yesu avuga ko Yuda yari kumugambanira (21-30)
Itegeko rishya (31-35)
Yesu avuga ko Petero yari kumwihakana (36-38)
14
15
Umugani w’umuzabibu mwiza (1-10)
Itegeko ryo kugaragaza urukundo nk’urwa Kristo (11-17)
Ab’isi banga abigishwa ba Yesu (18-27)
16
Bamwe mu bigishwa ba Yesu bari kuzicwa (1-4a)
Icyo umwuka wera wari kuzakora (4b-16)
Agahinda k’abigishwa kari kuzahinduka ibyishimo (17-24)
Yesu yatsinze isi (25-33)
17
18
Yuda agambanira Yesu (1-9)
Petero akubita umuntu inkota (10, 11)
Yesu ajyanwa kwa Ana (12-14)
Petero yihakana Yesu ku nshuro ya mbere (15-18)
Yesu yiregurira imbere ya Ana (19-24)
Petero yihakana Yesu ku nshuro ya kabiri n’iya gatatu (25-27)
Yesu yiregurira imbere ya Pilato (28-40)
19
Yesu akubitwa kandi bakamuseka (1-7)
Pilato yongera kubaza Yesu ibibazo (8-16a)
Yesu bamumanika ku giti i Gologota (16b-24)
Yesu asaba umwigishwa we kuzita kuri mama we (25-27)
Yesu apfa (28-37)
Yesu ashyingurwa (38-42)
20
Basanga imva irimo ubusa (1-10)
Yesu abonekera Mariya Magadalena (11-18)
Yesu abonekera abigishwa be (19-23)
Tomasi ashidikanya ariko nyuma yaho akizera (24-29)
Impamvu iki gitabo cyanditswe (30, 31)
21
Yesu abonekera abigishwa be (1-14)
Petero yemeza ko akunda Yesu (15-19)
Uko byari kuzagendekera umwigishwa Yesu yakundaga (20-23)
Umusozo (24, 25)